

Umugabo wa Bahavu yatunguye benshi bitewe n’amagambo yamuvuzeho
Umugabo wa Bahavu Jannet yatunguye abantu bamukurikirana ubwo yamuteraga imitoma akavuga ko uretse kuba ari umugore we ari buri kimwe kuri we. Uyu mugabo wagize isabukuru y’amavuko yagaragaje ko iruhande rwe hari umugore mwiza umusengera, amushimira ku bwo ku mukunda no ku mugira mu buzima bwe. Yagize ati “Ku ruhande rwanjye hari umugore mwiza Bahavu…

Rwatubyaye Abdul yabaye Umunyarwanda wa 4 ugiye gukina muri Libya
Rwatubyaye Abdul abaye umunyarwanda wa kane ugiye gukina muri shampiyona ya Libya nyuma yo gusinyira ikipe yo mu cyiciro cya mbere yitwa Al-Suqoor Club. Tariki ya 19 Ukwakira 2025 nibwo Rwatubyaye Abdul yemejwe nk’umukinnyi mushya wa Al Suqoor ikina mu cyiciro cya mbere muri Libya. Agiye muri iyi kipe yari amaze igihe nta hantu ari…

Tiwa Savage yateje impaka ku mbuga nkoranyambaga kubera umugabo
Umuhanzikazi Tiwa Savage uri mu bakomeye muri Afurika, yateje impaka ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gutangaza ko yifuza umugabo kabone ngo nubwo yaba ari umugore wa kabiri. Uyu muhanzikazi ukomoka muri Nigeria, yavuze ko yakoreye amafaranga ahagije gusa ubu abura urukundo mu buzima bwe. Ati “Ngeze mu myaka 45 kandi ndumva nshaka kurongorwa. N’iyo naba…

Miss Mutesi Jolly yatunguranye yerekana imodoka yaguze arenga miliyoni 300Frw
Miss Mutesi Jolly wabaye Miss Rwanda 2016, yaguze imodoka iri mu zihenze zikorwa n’uruganda rwa Mercedes-Benz bikomeza kwerekana ko uyu mukobwa atunze cyane nyuma yo kwerekana inzu yujuje y’igifaru. Uyu mukobwa yabitangaje yifashishije konti ye ya Instagram, aho yeretse abantu iyi modoka ari kuyikoraho amashashi. Yaguze imodoka iri mu bwoko bwa Mercedes-Benz G-Class (izwi nka…

Bruce Melodie to headline PFL Africa semifinals in Kigali
Renowned Rwandan musician Bruce Melodie and DJ Niny will headline performance at the highly-anticipated Professional Fighters League (PFL) semifinals slated for October 18 in Kigali. The performance is part of a groundbreaking multi-year partnership between PFL and Afro Nation, the world’s leading Afrobeats festival brand, aimed at merging elite mixed martial arts with African music…

Kitoko agiye guhurira mu gitaramo na Davido i Kigali
Umuhanzi Nyarwanda Kitoko Bibarwa wari umaze igihe nta gitaramo agaragaramo mu mujyi wa Kigali, byemejwe ko azaririmba mu gitaramo cy’umuhanzi Davido ubwo azaba amurika album ye nshya yise ‘5Ive.’ Davido azataramira mu Rwanda mu gitaramo kizabera muri BK Arena ku wa 5 Ukuboza 2025. Nubwo hatangajwe iki gitaramo cya Davido amakuru ahari ni uko hari…

Sadate yasabye imbabazi bitewe n’ibyo aherutse gutangaza bigateza impaka
Umunyemari Munyakazi Sadate yemeye ko yakoresheje imvugo idakwiye kubera ibyo yatangaje ko mu bihe biri Imbere Abanyarwanda bashobora kuzaha akazi gaciciritse Abarundi n’Abanyekongo, asaba imbabazi abagizweho ingaruka n’ubutumwa bwe. Ni nyuma yuko uyu mushoramari ukunze kwisanzura mu gutanga ibitekerezo atangaje ko Abanyarwanda bagomba gukora cyane ku buryo mu bihe biri imbere bashobora kuzaha akazi abaturanyi…

Amavubi yasubiye inyuma ku rutonde rushya rwa FIFA
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yasubiye inyuma ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA nyuma yo kwitwara nabi mu mikino iheruka. FIFA yasohoye urutonde rw’ukwezi, u Rwanda rwisanga ruri ku mwanya wa 131. Uru rutonde ruyobowe na Espagne, yahigitse ku mwanya wa mbere ikipe y’igihugu ya Argentina. Mu rutonde ruheruka ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yari ku…

Bien-Aimé yavuze ibyiza byo kuba afashwa n’umugore we mu muziki – Atanga inama kuri bamwe
Bien-Aimé Baraza wamenyekanye mu itsinda rya Sauti Sol uri kubarizwa mu Rwanda kuri ubu, yagarutse ku mubano n’umugore we ‘Chiki Kuruka’ avuga ko ari abantu babiri batandukanye bitewe naho bari, agira n’inama bamwe mu bahanzi batajya baha amahirwe abakunzi babo. Uyu muhanzi ibi yabigarutseho mu kiganiro bagiranye n’itangazamakuru ubwo bavugaga ku gitaramo cya ‘Friends of…

Israel Mbonyi agiye kugaragara mu gitaramo cy’urwenya
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, ategerejwe ku nshuro ya mbere mu gitaramo cya Gen- Z Comedy aho azataramira urubyiruko n’abandi bazitabira iki gitaramo kizaba ku wa 30 Ukwakira 2025 muri Camp Kigali. Israel Mbonyi agiye kuririmba muri Gen-z Comedy abisikana n’abandi baramyi barimo Aime Uwimana na Prosper Nkomezi. Mbonyi ategerejwe muri…