Miss Mutesi Jolly yatunguranye yerekana imodoka yaguze arenga miliyoni 300Frw

Miss Mutesi Jolly wabaye Miss Rwanda 2016, yaguze imodoka iri mu zihenze zikorwa n’uruganda rwa Mercedes-Benz bikomeza kwerekana ko uyu mukobwa atunze cyane nyuma yo kwerekana inzu yujuje y’igifaru. Uyu mukobwa yabitangaje yifashishije konti ye ya Instagram, aho yeretse abantu iyi modoka ari kuyikoraho amashashi. Yaguze imodoka iri mu bwoko bwa Mercedes-Benz G-Class (izwi nka…

Read More

Bruce Melodie to headline PFL Africa semifinals in Kigali

Renowned Rwandan musician Bruce Melodie and DJ Niny will headline performance at the highly-anticipated Professional Fighters League (PFL) semifinals slated for October 18 in Kigali. The performance is part of a groundbreaking multi-year partnership between PFL and Afro Nation, the world’s leading Afrobeats festival brand, aimed at merging elite mixed martial arts with African music…

Read More

Sadate yasabye imbabazi bitewe n’ibyo aherutse gutangaza bigateza impaka

Umunyemari Munyakazi Sadate yemeye ko yakoresheje imvugo idakwiye kubera ibyo yatangaje ko mu bihe biri Imbere Abanyarwanda bashobora kuzaha akazi gaciciritse Abarundi n’Abanyekongo, asaba imbabazi abagizweho ingaruka n’ubutumwa bwe. Ni nyuma yuko uyu mushoramari ukunze kwisanzura mu gutanga ibitekerezo atangaje ko Abanyarwanda bagomba gukora cyane ku buryo mu bihe biri imbere bashobora kuzaha akazi abaturanyi…

Read More

Amavubi yasubiye inyuma ku rutonde rushya rwa FIFA

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yasubiye inyuma ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA nyuma yo kwitwara nabi mu mikino iheruka. FIFA yasohoye urutonde rw’ukwezi, u Rwanda rwisanga ruri ku mwanya wa 131. Uru rutonde ruyobowe na Espagne, yahigitse ku mwanya wa mbere ikipe y’igihugu ya Argentina. Mu rutonde ruheruka ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yari ku…

Read More

Bien-Aimé yavuze ibyiza byo kuba afashwa n’umugore we mu muziki – Atanga inama kuri bamwe

Bien-Aimé Baraza wamenyekanye mu itsinda rya Sauti Sol uri kubarizwa mu Rwanda kuri ubu, yagarutse ku mubano n’umugore we ‘Chiki Kuruka’ avuga ko ari abantu babiri batandukanye bitewe naho bari, agira n’inama bamwe mu bahanzi batajya baha amahirwe abakunzi babo. Uyu muhanzi ibi yabigarutseho mu kiganiro bagiranye n’itangazamakuru ubwo bavugaga ku gitaramo cya ‘Friends of…

Read More